NiHabit

NiHabit This is the Official page for Rwanda based social media, NiHabit aimed to support development of African artists, actors and content creators

DORE IBIBI BYA MONETIZATION KU BAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA MU RWANDA Mu minsi ishize nibwo mu Rwanda humvikanaga ibyi...
06/03/2026

DORE IBIBI BYA MONETIZATION KU BAKORESHA IMBUGA NKORANYAMBAGA MU RWANDA
Mu minsi ishize nibwo mu Rwanda humvikanaga ibyishimo byinshi ku bacontent creators nyuma y'aho umuhanzi Bruce Melodie ubwo yari mu nama y'umushyikirano yagejeje kuri President Paul Kagame ikibazo cy'uko abakoresha imbuga nkoranyambaga badashobora guhemberwa ibikorwa byabo igihe biri mu Rwanda.
Abanyarwanda babaye nk'abasamiye hejuru iyo nkuru gusa birengagiza ko hari features nyinshi dukoresha kuri izo mbuga nkoranyambaga kubera ko turi mu bihugu bikiri mu nzira y'amajyambere akaba ariyo mpamvu tutabasha gukora monetization ariko hakaba na features dukoreshereza ubuntu ariko zishyurwa mu bihugu bikorerwa monetization
Bityo rero monetization iramutse yemewe mu Rwanda hari byinshi abakoresha imbuga nkoranyambaga batakongera kugiraho access cyane cyane ku rubuga rwa YouTube nko kuba wadownloading video ndetse n'izindi
Usibye n'ibyo kandi bisa n'aho birimo risk nyinshi kuba hari business zishobora kwishyura amafaranga asabwa ngo monetization yemerwe mu Rwanda
Muri make bisa n'aho monetization mu Rwanda ari inzozi ku mbuga zo mu burengerazuba bwisi gusa ibyo ntibivuze ko udashobora gukora monetization ya content zawe kubera ko hari izindi mbuga nkoranyambaga zitanga monetization hano mu Rwanda akaba arizo abanyarwanda bakwiye guhanga amaso,
Muri zo harimo urwitwa NiHabit rwemerera abacontent creators, abahanzi, abakinnyi b'amafilimi ndetse n'abandi bantu bafite impano kuba bakora monetization ku bikorwa byabo kuri urwo rubuga mu buryo butandukanye nko:
•Kuba umuntu ashobora gukunda ibyo ukora akaba yaguha Tip
•Gukora VIP Room mu gihe ufite abafana bashobora kwishyura ngo barebe exclusive videos
•Kwamamaza ibikorwa bitandukanye muri campaigns ziba ziri kuri NiHabit kandi bigafasha n'abahanzi kumenyekana bakoresheje campaign
•Kandi bitewe na engagement wagize winjiza buri kwezi
Ikindi kandi NiHabit yorohereza abacuruzi kugurisha ibikorwa byabo online, haba muri Quartier zabo cyangwa mu Rwanda hose ntakiguzi bibasabye.
Ushobora gukoresha uru rubuga aka kanya unyuze kuri https://nihabit.com

Mu gihe abanyarwanda bari bacitse ururondogoro mu minsi yashize bavuga ko monetization ku mbuga zose yegereje ariko ubu ...
05/03/2026

Mu gihe abanyarwanda bari bacitse ururondogoro mu minsi yashize bavuga ko monetization ku mbuga zose yegereje ariko ubu bisa nkaho bidashoboka kuko mu mbuga zose bavugaga usibye YouTube ndetse na Facebook bisanzwe bikora monetization mu bihugu byinshi aho usanga hari aho zigeza muri 40 naho izindi mbuga bisa n'aho bidashoboka kuko Instagram na TikTok byose hamwe ntibinageza mu bihugu 7
Ndetse na YouTube bisa n'aho bishoboka ibyo iba isaba nabyo bisa n'aho bitapfa gukorwa na Business zo mu Rwanda, muri make biracyagoranye.
Gusa hari urundi rubuga abanyarwanda bagakwiye guhangaho amaso rwitwa NiHabit kuko rusa n'aho arirwo rufite igisubizo ku kibazo cya monetization kubera ko rukorera monetization abantu mu ngeri zitandukanye nk'abacontent creators, abahanzi, abakinnyi b'amafilimi ndetse ushobora no gucururizaho ibicuruzwa byawe yaba mu gace utuyemo cyangwa mu Rwanda hose
Kandi umuntu urukoresha uretse kuba abona amafaranga bitewe na engagement yagize kubyo yashyizeho hariho ubundi buryo bwo kwinjiza amafaranga nko:
▪︎Kuba umuntu yakunda ibyo ukora akaguha Tip
▪︎Kuba wakora VIP Room noneho ba bafollowers ufite no kuzindi mbuga utabasha gukora monetization bakaba baza bagakora subscription kuri room yawe
▪︎Kuri iyo platform habaho business, abahanzi ndetse namafilime yakorewe ads, wowe nk'umucontent creator icyo ukora usoma ibisabwa ugakora video ubundi ugahita ubona amafaranga wamamarije
Ndetse nizindi features zigamije guha agaciro ibikorwa ndetse n'impano zabantu batandukanye.
Nawe ushobora gutangira gukoresha urwo rubuga aka kanya
Link iri muri comment ya mbere

Umusore umwe warerwaga na mama we gusa yakuze abona umubyeyi we ndetse na barumuna be babayeho mu buzima budashimishije ...
03/02/2026

Umusore umwe warerwaga na mama we gusa yakuze abona umubyeyi we ndetse na barumuna be babayeho mu buzima budashimishije ndetse nawe bikamutera agahinda.
Igihe kimwe ubwo yari yicaye yibaza aho yahera yabuze na hamwe asenga Imana ngo byibuze imwibuke bwa rimwe imuhe umugisha nawe maze abone umuryango we byibuze utagorwa n'ubuzima.
Muri iryo joro nibwo yagize igitekerezo kitari guhindura ubuzima bw'umuryango we gusa ahubwo bw'abantu benshi mu gihugu cy'iwabo, yari urubuga rwari kubera bamwe mu bahora basaba ko ibikorwa byabo byahabwa agaciro kandi ubu urwo rubuga nawe warukoresha ukamufasha gukabya inzozi rwita NiHabit ndetse ubu wanabona application yarwo kuri nihabit-redirect.vercel.app
Icyo cyifuzo nawe uhora usengera, ayo marira uyitura wiherereye Imana irayumva kandi igihe gikwiye kandi kidatinze ugiye gusubizwa
Niba wizeye ko Imana izakora ibirenze ibyo uyisaba ntugende utanditse uti

Umusore umwe warerwaga na mama we gusa yakuze abona umubyeyi we ndetse na barumuna be babayeho mu buzima budashimishije ...
03/02/2026

Umusore umwe warerwaga na mama we gusa yakuze abona umubyeyi we ndetse na barumuna be babayeho mu buzima budashimishije ndetse nawe bikamutera agahinda.
Igihe kimwe ubwo yari yicaye yibaza aho yahera yabuze na hamwe asenga Imana ngo byibuze imwibuke bwa rimwe imuhe umugisha nawe maze abone umuryango we byibuze utagorwa n'ubuzima.
Muri iryo joro nibwo yagize igitekerezo kitari guhindura ubuzima bw'umuryango we gusa ahubwo bw'abantu benshi mu gihugu cy'iwabo, yari urubuga rwari kubera bamwe mu bahora basaba ko ibikorwa byabo byahabwa agaciro kandi ubu urwo rubuga nawe warukoresha ukamufasha gukabya inzozi rwita NiHabit ndetse ubu wanabona application yarwo kuri nihabit-redirect.vercel.app
Icyo cyifuzo nawe uhora usengera, ayo marira uyitura wiherereye Imana irayumva kandi igihe gikwiye kandi kidatinze ugiye gusubizwa
Niba wizeye ko Imana izakora ibirenze ibyo uyisaba ntugende utanditse uti
Reba video hano https://youtu.be/wycWXF4QTvU?si=5iEymDo_h2jnrWcK

Iyi video igamije gusobanurira no kumenyesha Abanyarwanda urubuga nkoranyambaga rushya rwa NiHabit rugamije gufasha abakoresha imbuga nkoranyambaga mu Rwanda...

Umunsi umwe ubwo nari ngiye mu kiruhuko cy'umwaka, nari mpangayitse cyane nibaza aho nzakura amafaranga yo kwiyandikisha...
02/02/2026

Umunsi umwe ubwo nari ngiye mu kiruhuko cy'umwaka, nari mpangayitse cyane nibaza aho nzakura amafaranga yo kwiyandikisha ngo mbone uko ntangira umwaka wa kabiri ngo byibuze ntume inzozi z'umubyeyi wange zo kumbona ndi umuganga ziba impamo
Nageze hamwe mbona ko ubuzima bwanze nibwo hari igitekerezo nagize natekereje ko kitari icyo kunteza imbere ngenyine ahubwo cyari guhindura ubuzima bwa benshi iyo abantu babikunda, nari natekereje kubaka urubuga nkoranyambaga rufite ibice bine.
Igice cya mbere cyari kuba kimeze nka TikTok aho abantu bashobora kubona reels ariko bakaba baha na tip abashyizeho izo video igihe babikunze kandi bakoresheje mobile money mu buryo bwworoshye ndetse bakaba bashyiraho na video umuntu ashobora kureba yishyuye membership gusa bityo bakabasha kwinjiza mu buryo bwumvikana.
Igice cya kabiri ni icya movie aho umuntu ashobora gushyiraho filimi ye, ashobora kuyigurisha cyangwa abantu bakayireba batishyuye gusa n'ubundi akaba yabona amafaranga buri kwezi bitewe n'uko abantu bayikunze.
Igice cya gatatu ni Music nacyo cyenda gusa nicya Movies ariko cyo ukaba wasangaho indirimbo zo mu Rwanda
Igice cya kane ni Shop/Isoko, aha ho umuguzi n'umucuruzi bose barahungukira, kuko umuguzi ashobora kugura ikintu icyo aricyo cyose online ahereye kubimwegereye kandi akaba yasubizwa n'amafaranga ye igihe kitamugejejweho.
Kandi n'abantu bafite ibihangano, ubumenyi cyangwa ibindi bashaka gutambutsa nka video ariko bikabonwa n'abantu bishyuye ifatabuguzi bashobora gukora VIP Room bakaba baca amafaranga bashaka ku cyumweru cyangwa ku kwezi
Kandi ubasha koherereza amafaranga inshuti zawe aho ariho hose hano mu Rwanda icyo usabwa ni ugushyira amafaranga kuri wallet yawe ukoresheje mobile money
Namaze kuyubaka ariko bisa n'aho kuyimenyekanisha bidashoboka
Nkeneye ubufasha bwanyu ngo bigire aho bigera y'aba ubufatanye,kuba mwayikoresha ndetse n'amafaranga bikunze,mushobora kumvugisha kuri 0791231993 call&WhatsApp
Application wayibona kuri nihabit-redirect.vercel.app

Uyu munsi reka nkwereke uko wakwikorera account ku rubuga rwa NiHabit ugahita utangira no gushyiraho video zawe mu kanya...
02/02/2026

Uyu munsi reka nkwereke uko wakwikorera account ku rubuga rwa NiHabit ugahita utangira no gushyiraho video zawe mu kanya gato
Icyambere ni ukuba ufite application ya NiHabit muri telephone yawe, niba ntayo ufitemo ushobora kuyidownloading aka kanya kuri nihabit-redirect.vercel.app
Noneho numara gukora install iraza muri telephone yawe nuko uyifungure umanuke hasi mu nguni y'iburyo ukande ku kantu kameze nk'umuntu/profile harahita haza page yo gukora sign in ariko kuko udafiteho account umanuke hasi kuri Sign Up ukandeho noneho urahita ugera kuri page yo gukora signup/gukora konti nshya nuko ushyiremo email, password na username/izina uzajya ukoresha noneho ukande sign up biraba birangiye application irahita isubira kuri video ubwo account yawe iraba yagezemo
Uramutse ushaka gushyiraho ifoto ndetse na bio urakanda nanone kuri ka kantu kameze nk'umuntu noneho harahita haza konti yawe ukande kuri edit profile
Gushyiraho video yawe igomba kuba ari video ihagaze, urakanda ku kantu kumuhondo karimo ikimenyetso cyo guteranya harahita haza utuntu tune kamwe ka Reels, Movies, Music cyangwa product urahitamo reels niba ari video ugiye gushyiraho cyangwa ikindi ushaka noneho urahita ugera kuri paji ya nyayo ushyireho video yawe
Ukimara gushyiraho video hita uyikorera share, like ndetse na comment kuko bituma system iyereka abantu ikayishyira muzibanza.
Ugize ikibazo watwandikira kuri iyi page cyangwa kuri WhatsApp 0791231993 wanaduhamagaraho
Ministry of Youth, Rwanda Rwanda Development Board (RDB) Aime Nilo

Mbese wari uziko aka kanya tuvugana watangira kujya wiyumvira indirimbo zo mu Rwanda zigisohoka kandi mu buryo zose ziza...
29/01/2026

Mbese wari uziko aka kanya tuvugana watangira kujya wiyumvira indirimbo zo mu Rwanda zigisohoka kandi mu buryo zose ziza zikurikirana?
Wowe icyo usabwa gusa ni kudownloading application ya NiHabit ubundi ugakanda hejuru kuri music tayali ugatangira gufeelinga injyana.
Kandi niba utaradownloading application ya NiHabit wabikora aka kanya unyuze kuri iyi website nihabit-redirect.vercel.app
Ministry of Youth, Rwanda Rwanda Development Board (RDB)

28/01/2026

Uyu munsi reka nkwereke uburyo butanu kandi bwizewe ushobora kwinjizamo amafaranga ku rubuga rwa NiHabit
1. Igihe umuntu arebye video yawe akayikunda ashobora guhita akwihera tip akoresheje Mobile money gusa bidasabye ikarita ya banki, iki ingenzi ni ukuyashyira kuri wallet ye kandi nawe uhita uyakira ako kanya ku buryo ushatse wahita uyabikuza.

2. Ushobora guposting video zisanzwe cyangwa se members only video maze zikarebwa ukazabona amafaranga ku mpera z'ukwezi bitewe n'uko abantu bakunze video zawe kandi ukaba wabikuza ayo wakoreye ako kanya kuri mobile money yawe.

3. Ushobora gukora video wamamaza igicuruzwa, filimi cyangwa indirimbo yamamajwe ku rubuga kandi ugahita wishyurwa ako kanya ukimara gushyiraho video yawe.

4. Ushobora kugurisha ibicuruzwa kuri shop iriho ndetse umuguzi akaba yakwishyura bitamugoye akoresheje telephone ye ndetse nawe ugahita wakira ubwishyu wabikuza ako kanya.

5. Ushobora gukora VIP Room aho ushyira video zawe ziri exclusive maze ushaka kujya azireba akajya yishyura igiciro runaka washyizeho.

6. Niba uri umuhanzi cyangwa se umukinnyi wa filimi ushobora kugurisha igihangano cyawe maze nawe kikakwinjiriza

Niba utara downloading application ya NiHabit wabikora aka kanya kuri nihabit-redirect.vercel.app
Ministry of Youth, Rwanda Rwanda Development Board (RDB)

Uyu munsi nshaka kukwereka features ziri ku rubuga rwa   udashobora gusanga ku zindi social platforms zikorera hano mu R...
27/01/2026

Uyu munsi nshaka kukwereka features ziri ku rubuga rwa udashobora gusanga ku zindi social platforms zikorera hano mu Rwanda.
1. : Ibaze ko umuntu aramutse ari kureba video yawe cyangwa se nawe uri kureba video ukumva wayikunze ushobora guhita uha nyiri video tip y'amafaranga ayo ariyo yose kandi biyagusabye ikarita ya banki ahubwo ukoresheje MoMo
Icyambere ni ukujya kuri wallet yawe ugashyiraho amafaranga ukoresheje MoMo, Ibaze ko ushobora no koherereza abantu bawe amafaranga ku giciro gito cya 1% cy'amafaranga ugiye kohereza.
2. :Uziko ushobora kwaploading video yawe ugashyiraho link yerekeza kuyindi website nka YouTube bidasabye uri kuyireba ko akora copy ya link ahubwo wowe ugashyiraho aka button arakandaho agahita agera kuri iyo Website cyangwa video yindi maze nawe ntutakaze abarebye video yaww
3. :Uramutse ushaka kwamamaza nk'indirimbo, filimi cyangwa se igicuruzwa ugishyira muri campaign maze abantu bakakibona bagakora video bacyamamaza bakinjiza amafaranga video ikimara kugera kuri platform ipfa kuba yujuje ibisabwa na campaign.
4. :Buri kwezi umuntu wese wakoze post kuri NiHabit yinjiza amafaranga hagendewe kuko abantu barebye bakanakunda posts zawe ndetse n'inyungu platform yagize cyangwa umubare w'abaguze membership igihe wakozemo video za members only.
5. :Ibaze ko uramutse ufite video ziri exclusive ushobora gukora VIP Room yawe maze ugashyiraho n'igiciro kubashaka kujinjiramo kandi umuntu akishyura subscription uhita ubona amafaranga kuri wallet yawe ku buryo ushatse wahita uyabikuza.
6. -salesAndPaid Music and Movies :Uramutse uri umuhanzi cyangwa umukinnyi wa filimi ushobora gushyiraho iyishyurwa ku buryo mbere yo kuyireba umuntu abanza akishyura igiciro washyizeho ndetse ugahita ubona amafaranga yishyuye kuri wallet yawe ako kanya.
7. :Ibaze ko hariho n'isoko aho uba ubona igiciro ndetse n'intera iri hagati yawe n'umucuruzi.
Download it on nihabit-redirect.vercel.app

Muraho neza, Ubuyobozi bwa NiHabit group bushimishijwe no kumurikira abanyarwanda application ya NiHabit igamijwe guteza...
26/01/2026

Muraho neza, Ubuyobozi bwa NiHabit group bushimishijwe no kumurikira abanyarwanda application ya NiHabit igamijwe guteza imbere abahanzi, abakinnyi b'amafilimi ndetse n'abandi bantu bose bakoresha imbuga nkoranyambaga mu buryo butandukanye nko:
▪︎Kuba umuntu wakunze igikorwa wapoatinze ashobora kugaha tip.
▪︎Kuba ushobora gushyiraho video zirebwa n'abantu bafite membership kuri platform maze uko iyo video abantu bayikunze ndetse bakanayireba ukabona uruhare rw'amafaranga yabishye membership hakurikijwe uko video yawe yakoze mu kwezi.
▪︎Kuba wagurisha cyangwa ukemerera abantu kureba indirimbo cyangwa filimi zawe mbere y'uko zisohoka ahandi ariko uyirebye akabanza kwishyura igiciro uba wagennye.
▪︎Kuba washyiraho icyumba cya VIP ushyiraho video zirebwa n'abantu bakoze subscription kuri VIP Room yawe ndetse amafaranga bishyuye agahita aza kuri wallet yawe.
▪︎Buri kwezi inyungu zungutswe na platform nazo zigabanywa abakoresha urubuga bitewe n'uko ibyo bashyizeho byarebwe.
▪︎Kuba wakora video uri kwamamaza igicuruzwa, indirimbo cyangwa se filimi ugahita wishyurwa amafaranga nyirukwamamaza yashyizeho ku bantu bazamamaza icyo kintu.
▪︎Gushyira igicuruzwa cyawe kuri Shop maze abakiriya bakakibona wowe ukabakorera delivery bamaze kwishyura igiciro wagennye

Usibye kuba abantu bashobora gukoreraho amafaranga ako kanya ndetse na buri kwezi, ni nurubuga rwagenewe ubucuruzi no kwamamaza kuko umuntu ushaka kwamamaza igikorwa cye ashobora kugishyiraho ndetse agashyiraho n'ibisabwa ngo umuntu amwamamarize bityo igikorwa cye kikamenyekana kandi agafasha n'abakoresha imbuga nkoranyambaga kubibyaza umusaruro.
Ni urubuga rwo kuganiriraho kandi ukaganira n'inshuti zawe nta rutangira, ukoherereza abawe amafaranga nta giciro gica ikofi gitanzwe ndetse n'ibindi byinshi.
Gerageza Application ya NiHabit aka kanya uyikuye kuri nihabit-redirect.vercel.app nuyikunda uyisangize n'abandi.
NiHabit-Discover▪︎Create▪︎Connect ▪︎Earn.

Address

Kigali

Website

https://blog.nihabit.com/, https://nihabit.com/appstore

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when NiHabit posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share