14/02/2019
Kuwa Kane le 07/02/2019 LimitLess Marketing Partners Limited (LMP), yakoze ikiganiro "LimitLess Business Presentation (LBP)" mukarere ka Musanze muri Auberge Ikaze (Bakunze kwita Mukizungu), Iki kiganiro kikaba kijyanye nuburyo ushobora kuba umufatanya bikorwa wa LimitLess Marketing Partners (LMP) Ltd, Aho ushobora gukora iminyereza mwuga hamwe na Leadership maze ugahira ujya mumwanya wawe wa Partnership kandi no muri iri menyereza mwuga ukaba ushobora kwibonera amafranga bitewe nuko wakoze imenyereza mwuga ryawe.
Aya mahugurwa yatangijwe na Mr. Japhet TUBAZINKUGE (LMP Project Manager), atangira yakira abari baretaniye aho akurikije imirenge iri murako karere ka Musanze, ndetse n’abayobozi baturutse ku Cyicaro Gikuru kiri I Kigali DownTown mumuryango F3 11 harimo Mr. Jean NTEZIRIZAZA (LMP Managing Director), Mr. Eric MASENGESHO (LMP IT & Communication Officer), Ms. Evelyne UWERA (Officer in Charge of External relations). Uwo muhango wo kwakirana uza gusozwa n’icyivugo cya LMP Ltd Company aricyo (LimitLess, Promoting Made in Rwanda. Keep Up).
Nyuma y’uwo muhango wo kwakirana, Mr. Jean NEZIRIZAZA yahawe umwanya kugirango atangire Presentation, aho buri muntu wese yari afite amatsiko menshi yo kumenya uburyo LMP Company ikora. Hafatwa umwanya uhagije wo gusobanurirwa ndetse hanatangwa umwanya wo kubaza ibibazo ndetse binashakirwa ibisubizo muburyo bashobora gusobanukirwa neza kandi buri wese. Nyuma hakurikiyeho umwanya wo kubaza ibibazo maze abantu babashije gutsinda babasha guhabwa ibihembo bitandukanya bitewe na Grade bo ubwabo bishakiye.
Abitabiriye bose bageraga kuri 70.
Turangije dushimira buri wese witabiriye iki gikorwa ndetse no gutumira kugirango tubashe kwikura mubukene tugana LMP Company murwego rwo guhanga imirimo muburyo bwo hejuru.